Umuyobozi w’Ibitaro bya Kibungo, Dr Williams Namanya, yabwiye IGIHE ko byatahuwe mu nzu y’icumbi ry’abashoferi.
Yagize ati “Nibyo, byabonetse mu cyumba abashoferi bararamo. Ubwo twihutiye guhamagara inzego z’umutekano, baraza barabitwara, ubu baracyakurikirana kureba uwaba yabizanyemo."
Dr Namanya yakomeje avuga ko nta makuru menshi yatangaza mu gihe iperereza ritaragira icyo rigaragaza.



















TANGA IGITEKEREZO