Mu gihe imyiteguro ikomeje guca ibintu ku ruhande rwa Congo, AFC/M23 iherutse gutanga intabaza igaragaza ko iyi myitwarire ishobora kugira ingaruka mbi ku biganiro bigamije gushaka amahoro hagati y’impande zombi biri kubera i Doha muri Qatar.
Iby’iyi ntambara Tshisekedi ari gutegura bizarangira bite? Ese uyu mugabo ashobora kwisubiza ibice bigenzurwa na AFC/M23? Aramutse atsinzwe iyi ntambara, byamugiraho izihe ngaruka? Ashyigikiwe n’ibihe bihugu?
Byose twabigarutseho mu kiganiro Indiba y’Ibivugwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!