Ahagana ku saa kumi n’ebyiri za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, nibwo rwabonetse. Rwahise rujyanwa ku Bitaro bya Kabgayi.
Amakuru agera kuri IGIHE avuga ko Umujyanama w’Ubuzima yarwumvise rurira agatabaza maze rukurwamo rukiri ruzima.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Musambira, Nyirandayisanbye Christine, yavuze ko aya makuru bayahawe n’Umujyanama w’Ubuzima kandi ko uyu mwana ari kwitabwaho kwa muganga.
Nyina uru ruhinja n’uwarutayemo ntabwo baramenyekana.
Meya w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere, yabwiye IGIHE ati “ Ubu uruhinja rumeze neza ruri ku Bitaro i Kabgayi.”



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!