Amakuru y’uru rupfu rw’uyu mugabo, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2024.
Abaturage babwiye BTN ko uyu mugabo n’umugore we bari basanzwe bakora akazi ko gucuruza inyama mu ibagiro rya Nyabugogo ndetse bapfuye amafaranga ibihumbi 20.
Umukuru w’Umudugudu w’Umurinzi mu Kagari ka Katabaro, Hategekimana Adophe, yavuze ko umugore wa nyakwigendera yamaze gutabwa muri yombi.
Bivugwa ko uyu muryango wari usanzwe ubana mu makimbirane.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!