Iyi mpanuka yabaye Saa Mbili n’igice za mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Werurwe 2024.
Amakuru igihe ifite ni uko uyu muntu iyi mpanuka yahitanye yari ashinzwe Uburezi mu Murenge wa Mushikiri.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Hamdun Twizeyimana, yabwiye IGIHE ko iyi mpanuka yatewe n’uko iyi kamyo yari ifite umuvuduko ukabije.
Ati " Yatewe n’umuvuduko ukabije w’ikamyo urebye yari yavuye mu mukono wayo.”
Yongeye kwibutsa abatwara ibinyabiziga kubahiriza ibimenyetso byose by’umuhanda.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!