00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Madamu Jeannette Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Londres (Amafoto)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 November 2017 saa 12:05
Yasuwe :

Madamu Jeannette Kagame yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama y’abayobozi bakuru b’umuryango w’abagiraneza, Bloomberg Philanthropies, akanahura n’uwawushinze Michael Bloomberg.

Umuyobozi w’Ikirenga wa Imbuto Foundation, Madamu Jeannette Kagame aganira n’uwashinze Umuryango Bloomberg Philathropies, Michael Bloomberg mu nama y’uyu muryango yabereye i Londres mu Bwongereza
Umuyobozi w’Ikirenga wa Imbuto Foundation, Madamu Jeannette Kagame hamwe n’uwashinze Umuryango Bloomberg Philathropies, Michael Bloomberg
Inama y’Umuryango Bloomberg Philanthropies yabereye i Londres yabaye urubuga rwa Imbuto Foundation rwo kugaragaza ibikorwa byayo
Madamu Jeannette Kagame na Michael Bloomberg washinze Umuryango Bloomberg Philanthropies, ubwo bari mu nama i Londres ku wa 13 Ugushyingo
Ku munsi wa kabiri, Madamu Jeannette Kagame yahuye n’abayobozi, abarimu ba kaminuza n’abayobora ibigo bikomeye
Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi w’ikirenga wa Imbuto Foundation, asobanurira abitabiriye inama ibikorwa by’uyu muyango
Madamu Jeannette Kagame, abayobozi batandukanye, abarimu ba kaminuza, abayobozi b’ibigo bikomeye na Ambasaderi Yamina Karitanyi, baganira ku bikorwa bya Imbuto Foundation

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages