00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyabihu: Abari batuye muri Gishwati bagiye korozwa inkoko n’inzuki

Yanditswe na

Marie Chantal Nyirabera

Kuya 2 August 2013 saa 05:48
Yasuwe :

Abimuwe mu ishyamba rya Gishwati bagiye korozwa na n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) inkoko zisaga 1,000 mu rwego rwo kubafasha kwiteza imbere. Aba baturage kandi bazafashwa mu bworozi bw’inzuki.
Nabimana Jean de Dieu umukozi wa REMA mu karere ka Nyabihu, atangaza ko abaturage bazorozwa ari abatuye mu midugudu ya Mukamira na Bikingi.
Ishyamba rya Gishwati ryari ryarangijwe Minisiteri y’ubuhinzi (MINAGRI), Ikigo cy’igihugu cy’ ibidukikije (REMA) na (…)

Abimuwe mu ishyamba rya Gishwati bagiye korozwa na n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) inkoko zisaga 1,000 mu rwego rwo kubafasha kwiteza imbere. Aba baturage kandi bazafashwa mu bworozi bw’inzuki.

Nabimana Jean de Dieu umukozi wa REMA mu karere ka Nyabihu, atangaza ko abaturage bazorozwa ari abatuye mu midugudu ya Mukamira na Bikingi.

Ishyamba rya Gishwati ryari ryarangijwe Minisiteri y’ubuhinzi (MINAGRI), Ikigo cy’igihugu cy’ ibidukikije (REMA) na Minisiteri y’Umutungo kamere (MINIRENA) mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n’iyangirika ry’ubutaka barigabanyijemo ibice bitatu, aho gutera ishyamba, aho gushyira inzuri n’aho guhinga, abaturage bari bahatuwe barimuwe baratuzwa.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages