00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

RSSB yasabye abafatanyabikorwa bayo gutanga serivisi nziza

Yanditswe na

Rene Anthere Rwanyange

Kuya 6 September 2013 saa 08:04
Yasuwe :

Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), cyashyize itangaza ahagaragara gisaba abafatanyabikorwa bacyo gutanga serivisi nziza ku babagana
Ikigo kirasaba abafite amavuriro kimwe n’amafarumasi bafitanye amasezerano y’ubufatanye na RSSB, bafite inshingano zo guha abanyamuryango bacyo ibibagenerwa byose, nk’uko bikubiye mu masezerano bagiranye.
RSSB iramenyesha kandi abanyamuryango bayo n’abo bishingira bose ko bagomba kubona ibibagenerwa ku buryo bunoze. Bityo ugize ikibazo kuri serivisi (…)

Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), cyashyize itangaza ahagaragara gisaba abafatanyabikorwa bacyo gutanga serivisi nziza ku babagana

Ikigo kirasaba abafite amavuriro kimwe n’amafarumasi bafitanye amasezerano y’ubufatanye na RSSB, bafite inshingano zo guha abanyamuryango bacyo ibibagenerwa byose, nk’uko bikubiye mu masezerano bagiranye.

RSSB iramenyesha kandi abanyamuryango bayo n’abo bishingira bose ko bagomba kubona ibibagenerwa ku buryo bunoze. Bityo ugize ikibazo kuri serivisi ahawe, akaba yakwitabaza guhamagara Nomero za telefoni zikurikira: 0788528320, 0788671104, 0788468916.

Soma itangazo ryatazwe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages