Mukeshimana Elzabeth mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, akaba yabyariye ku kigo nderabuzima cya Karambo, abantu bakemeza ko yabyaye igisimba.
Ubusanzwe Mukeshimana akomoka mu Murenge wa Nyakiriba
Amakuru aravuga ko Mukeshimana yari asanzwe atwite ndetse yajyana anipimiasha kwa muganga, yatatse mu ijoro ryakeye, abaturage baza bamutabaye, bamufasha kubyara, ariko byatunguye cyane babonye abyaye igisimba.
N’ubwo bahise bamujyana kwa muganga muri ayo masaha y’ ijoro, abaganga bavuga ko uwo mubyeyi yari afite ibimenyetso by’umugore wabyaye.
Yaba ari abaganga, n’abaturanyi bose bayobowe ubwoko bw’icyo gisimba, ariko gifite amaguru ane nk’imbwa, nta bwoya gifite, umutwe umeze nk’uw’ihene, amatwi mato nk’ay’umuntu.




TANGA IGITEKEREZO