Ibi byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Kageyo, mu Mudugudu wa Rukondo, ku wa 11 Nyakanga 2026.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura, Ndayambaje Emmanuel, yabwiye IGIHE ko batunguwe n’uru rupfu.
Ati "Ni urupfu rutunguranye, mu minsi ishize yarwayeho inkorora ajya kwamuganga ndetse byabonekaga ko ariko koroherwa, ariko twatuguwe n’uko yituye hasi aho yari ari Gukorera akazi ko ku kubumba amatafari ahita apfa."
Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa ku bitaro bya Murunda gukorerwa isuzumwa mbere yo gushyingurwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!