Kuva tariki ya gatanu kugeza ku ya cyenda Ukwakira, iki kinyamakuru kizifatanya n’isi yose kwizihiza icyumweru cyahariwe serivise nziza zihabwa abakiriya.
Muri urwo rwego, tariki ya 8 Ukwakira 2015, iki kinyamakuru kizahemba umukozi uzaba watanze serivise nziza muri icyo cyumweru.
Insanganyamatsiko y’uyu mwaka ugenekereje mu Kinyarwanda igira iti “buri munsi haboneke intwari” mu gutanga serivise nziza ku bakiriya.
Iki kinyamakuru kandi gisaba buri kigo cy’ubucuruzi cyose cyo mu Rwanda guhitamo abakozi babiri bitwaye neza kugira ngo bitabire aya marushanwa.



















TANGA IGITEKEREZO