Imyiteguro irarimbanyije ndetse bamwe bamaze kugera mu modoka nini berekeza hafi ya Tour et Taxis, ngo bakore urugendo rwuje ibyishimo n’urukundo bafitiye Umukuru w’Igihugu, ari nako bamugaragarize ko banyuzwe n’aho agejeje igihugu.
Ibi byishimo ntibirangira uyu munsi kuko ku wa Gatandatu tariki 10 Kamena 2017, i Bruxelles mu Bubiligi, hateganyijwe undi munsi utagira uko usa, Rwanda Day, aho Perezida Kagame azahura n’Abanyarwanda baba mu gihugu no mu mahanga kimwe n’inshuti z’u Rwanda bakaganira ku cyarushaho guteza imbere igihugu ndetse bagasabana.
Uko byari byifashe kuri Tour et Taxis aho Perezida Kagame yavugiye ijambo
Amafoto: Karirima A. Ngarambe na Jessica Rutayisire



















TANGA IGITEKEREZO