00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

U Rwanda mu cyunamo cya Mandela

Yanditswe na

Rene Anthere Rwanyange

Kuya 10 December 2013 saa 10:12
Yasuwe :

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yifatanyije n’Isi yose, mu kababaro k’itabaruka ry’Umukambwe Nelson Madiba Mandela, watabarutse ku wa kane tariki ya 5 Ukuboza 2013.
Kubera iyo mpamvu, amabendera y’u Rwanda aho ari hose mu gihugu akaba yururukijwe kugeza muri ½, bigaragaza icyunamo, bikazageza ku wa 15 Ukuboza 2013 ubwo Mandela azaba ashyingurwa.
Mu rwego rwo kwifatanya n’abanyafurika y’Epfo mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mukambwe Mandela, Leta y’u Rwanda iraba ihagarariwe na Minisitiri (…)

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yifatanyije n’Isi yose, mu kababaro k’itabaruka ry’Umukambwe Nelson Madiba Mandela, watabarutse ku wa kane tariki ya 5 Ukuboza 2013.

Kubera iyo mpamvu, amabendera y’u Rwanda aho ari hose mu gihugu akaba yururukijwe kugeza muri ½, bigaragaza icyunamo, bikazageza ku wa 15 Ukuboza 2013 ubwo Mandela azaba ashyingurwa.

Mu rwego rwo kwifatanya n’abanyafurika y’Epfo mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mukambwe Mandela, Leta y’u Rwanda iraba ihagarariwe na Minisitiri w’Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi. Minisitiri w’Intebe kandi araba ari kumwe n’Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, François Ngarambe, ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega.

Amabendera yururukijwe kugeza muri 1/2, bigaragaza icyunamo

[email protected]


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages