Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK), ihagarariwe na Prof Rwigamba Balinda, hamwe n’Ubuyobozi bwayo barifuriza Umukuru w’igihugu n’umuryango we, Abagize Guverinoma, abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, ingabo z’igihugu na Polisi y’igihugu, abakozi n’abanyeshuri ba ULK, abayobozi ba za Kaminuza n’amashuri makuru ndetse n’abanyarwanda bose muri rusange, umwaka mushya muhire wa 2014.
ULK iboneyeho kwishimira ibihe byiza yanyuzemo umwaka ushize, bityo tukaba dushima Imana ibyiza yadukoreye, kuko byose bikomoka ku buntu bwayo. Nidushima Imana izatubera Umwungeri mwiza, kandi Uwiteka azaturinda igihe cyose (Zaburi 23; 121,7-8).
Perezida wa ULK, Prof Rwigamba Balinda
























TANGA IGITEKEREZO