Byabaye ahagana saa kumi zishyira saa kumi n’imwe z’umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Ukwakira.
Amakuru agera ku IGIHE yemeza ko inkuba yamukubitiye ahitwa mu Gisakura mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke. Yahise ajyanwa ku bitaro bya Bushenge ariko agezeyo ahita yitaba Imana.
Twahirwa asize umugore n’umwana umwe, akaba ari umuvandimwe wa Kamali Aime Fabien wahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!