Uyu mugabo wapfuye ku myaka 82 y’amavuko, yamenyekanye cyane mu bucuruzi bw’itabi n’imitungo itimukanwa.
Yaherukaga mu Rwanda mu mwaka wa 2010, ubwo yaruvugamo nyuma bimenyekana ko yahungiye muri Afurika y’Epfo, igihugu yari asanzwe akoreramo ubucuruzi. Ni nyuma y’uko bitahuwe ko yanyerezaga imisoro ndetse agakorana n’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, abatera inkunga.
Rujugiro wavukiye mu Rwanda ahagana mu 1941 yabaye mu Burundi igihe kinini nk’impunzi, ari naho yatangiriye ubucuruzi bw’itabi.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!