Urutonde rushya rw’abanyamakuru 53 bazize jenoside rwagiye ahagaragara
Mu gihe hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 19, Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC), yashyize ahagaragara urutonde rw’abanyamakuru 53bakoraga mu bitangazamakuru binyuranye, bazize jenoside.
Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Inama Nkuru y’Itangazamakuru Mugisha Emmanuel , mu muhango wo kwibuka abo banyamakuru wabereye ku cyicaro cya MHC, yavuze ko n’ubwo hibukwa umubare w’abanyamakuru 53 bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, hagikorwa ubundi bushakashatsi kugirango bamenye abandi bataramenyekana kugeza ubu.
Yasabye uwaba afite amakuru mashya kubandi baba baraguye muri jenoside n’imiryango yabo, ko yababagana akabaha amakuru ahagije nabo bagashyirwa ku rutonde.
Urutonde rw’amazina y’abanyamakuru bazize Jenoside yakorewe abatutsi



















TANGA IGITEKEREZO