Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo, yasobanuye ko Leta y’u Rwanda yashimye intambwe yatewe na Kiliziya Gatolika ku Isi, ku buryo nta shingiro byaba bifite hagize abakomeza kumva ko bazasabwa imbabazi zihariye.
Mu kiganiro Minisitiri Mushikiwabo yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko uruzinduko Perezida Kagame aheruka kugirira i Vatican kuwa 20 Werurwe 2017, ku butumire bwa Papa Francis, rwari ingirakamaro, aho Kiliziya yemeye ko hari amakosa yakoze.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo, yasobanuye ko Leta y’u Rwanda yashimye intambwe yatewe na Kiliziya Gatolika ku Isi, ku buryo nta shingiro byaba bifite hagize abakomeza kumva ko bazasabwa imbabazi zihariye.
TANGA IGITEKEREZO