00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Video:Mushikiwabo asobanura uko Leta yakiriye imbabazi za Papa Francis

Yanditswe na IGIHE
Kuya 5 April 2017 saa 04:17
Yasuwe :

Mu kiganiro Minisitiri Mushikiwabo yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko uruzinduko Perezida Kagame aheruka kugirira i Vatican kuwa 20 Werurwe 2017, ku butumire bwa Papa Francis, rwari ingirakamaro, aho Kiliziya yemeye ko hari amakosa yakoze.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo, yasobanuye ko Leta y’u Rwanda yashimye intambwe yatewe na Kiliziya Gatolika ku Isi, ku buryo nta shingiro byaba bifite hagize abakomeza kumva ko bazasabwa imbabazi zihariye.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages