00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ba rwiyemezamirimo bahawe impamyabushobozi

Yanditswe na
Kuya 28 July 2012 saa 04:13
Yasuwe :

Madamu Jeannette Kagame Madamu wa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yayoboye umuhango wo gutanga inyemeza bushobozi (certificates), ku bagore ba rwiyemezamirimo barangije amahugurwa y’amezi 6, ku bijyanye no gucunga imari. Muri uyu muhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Nyakanga 2012, muri Serena Hotel i Kigali, Jeannette Kagame yabanje kwerekwa imirimo itandukanye aba bagore bakora, bamubwira n’iterambere iyo mirimo yagiye ibagezaho.

Madamu Jeannette Kagame Madamu wa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yayoboye umuhango wo gutanga inyemeza bushobozi (certificates), ku bagore ba rwiyemezamirimo barangije amahugurwa y’amezi 6, ku bijyanye no gucunga imari. Muri uyu muhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Nyakanga 2012, muri Serena Hotel i Kigali, Jeannette Kagame yabanje kwerekwa imirimo itandukanye aba bagore bakora, bamubwira n’iterambere iyo mirimo yagiye ibagezaho.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages