00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Hatashywe amacumbi y’abaganga bakorera ku bitaro bya Butaro

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 13 November 2012 saa 02:43
Yasuwe :

Mu gufasha abaganga bigomwa kuba mu ngo zabo bakajya gutanga ubuvuzi bw’ibanze mu byaro bya kure, ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Umuryango udashamikiye kuri Leta, Inshuti Mu Buzima/Partner In Health, wubakiye amacumbi abo baganga.
Uwatanze inkunga yo kuyubaka afatanyijje n’ubuyobozi bw’Intara n’ubw’Akarere batashye ku mugaragaro ayo macumbi yuzuye ku bitaro bya Butaro ku itariki ya 09 Ugushyingo 2012.
Usibye ayo macumbi yubakiwe abaganga, ari kubakwa byahaye akazi abahaturiye (…)

Mu gufasha abaganga bigomwa kuba mu ngo zabo bakajya gutanga ubuvuzi bw’ibanze mu byaro bya kure, ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Umuryango udashamikiye kuri Leta, Inshuti Mu Buzima/Partner In Health, wubakiye amacumbi abo baganga.

Uwatanze inkunga yo kuyubaka afatanyijje n’ubuyobozi bw’Intara n’ubw’Akarere batashye ku mugaragaro ayo macumbi yuzuye ku bitaro bya Butaro ku itariki ya 09 Ugushyingo 2012.

Usibye ayo macumbi yubakiwe abaganga, ari kubakwa byahaye akazi abahaturiye batari bake.

Inzu zatashywe

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages