Mu gufasha abaganga bigomwa kuba mu ngo zabo bakajya gutanga ubuvuzi bw’ibanze mu byaro bya kure, ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Umuryango udashamikiye kuri Leta, Inshuti Mu Buzima/Partner In Health, wubakiye amacumbi abo baganga.
Uwatanze inkunga yo kuyubaka afatanyijje n’ubuyobozi bw’Intara n’ubw’Akarere batashye ku mugaragaro ayo macumbi yuzuye ku bitaro bya Butaro ku itariki ya 09 Ugushyingo 2012.
Usibye ayo macumbi yubakiwe abaganga, ari kubakwa byahaye akazi abahaturiye batari bake.



















TANGA IGITEKEREZO