00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ubunani bwabaye akanya ko gukora isuku rwagati mu mujyi wa Kigali

Yanditswe na

Marie Chantal Nyirabera

Kuya 1 January 2013 saa 01:20
Yasuwe :

Ubwo ahenshi mu Mujyi wa Kigali byagaragaraga ko abantu ari bake ku Bunani bwa 2013, bamwe bahisemo gukora isuku cyane abo mu mujyi rwagati bakuburaga abandi bapakira ibishingwe mu modoka.
Ahazwi ku izina rya Quartier Comercial, bamwe mu bakarani baganiriye na IGIHE bavuze ko ari wo mwanya mwiza babonye wo gutunganya aho bakorera kuko ngo akavuyo k’abantu kari gake ugereranyije n’iminsi isanzwe.
Bavuga ko kuba nta modoka nyinshi ndetse nta n’abagenzi, byatumye bisanzura mu (…)

Ubwo ahenshi mu Mujyi wa Kigali byagaragaraga ko abantu ari bake ku Bunani bwa 2013, bamwe bahisemo gukora isuku cyane abo mu mujyi rwagati bakuburaga abandi bapakira ibishingwe mu modoka.

Babonye umwanya wisanzuye wo gukora isuku

Ahazwi ku izina rya Quartier Comercial, bamwe mu bakarani baganiriye na IGIHE bavuze ko ari wo mwanya mwiza babonye wo gutunganya aho bakorera kuko ngo akavuyo k’abantu kari gake ugereranyije n’iminsi isanzwe.

Bavuga ko kuba nta modoka nyinshi ndetse nta n’abagenzi, byatumye bisanzura mu gukora isuku.

Nta bantu cyangwa ibinyabiziga bagaracaraga rwagati mu Mujyi wa Kigali

Bavuze ko uyu munsi bisanzuye kuko bagejeje saa tanu n’ igice bagikora isuku nta muntu cyangwa ibinyabiziga bibabuza gukora neza.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages