Kuva tariki ya 4 kugeza ku ya 7 Werurwe 2012, Abayobozi bakuru b’Igihugu basaga 250 bari bateraniye i Gako mu mwiherero. Perezida Kagame atangiza uyu mwiherero yavuze ko kwihaza muri byose bituma umuntu yigenga muri byose, yanavuze kandi ko ibiganiro nk’ibi bikorwa n’aba bayobozi bishingiye ku kwigizayo ubukene. Mu gusoza uyu mwiherero kandi abagize guverinoma n’abahagarariye u Rwanda mu mahanga bihaye izina ry’ubutore ry’Impezamihigo nyuma yo gusinya imihigo na Perezida wa Repubulika.
Foto: Village Urugwiro


















TANGA IGITEKEREZO