00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umwiherero w’Abayobozi bakuru

Yanditswe na

Ruzindana RUGASA

Kuya 9 March 2012 saa 12:44
Yasuwe :

Kuva tariki ya 4 kugeza ku ya 7 Werurwe 2012, Abayobozi bakuru b’Igihugu basaga 250 bari bateraniye i Gako mu mwiherero. Perezida Kagame atangiza uyu mwiherero yavuze ko kwihaza muri byose bituma umuntu yigenga muri byose, yanavuze kandi ko ibiganiro nk’ibi bikorwa n’aba bayobozi bishingiye ku kwigizayo ubukene. Mu gusoza uyu mwiherero kandi abagize guverinoma n’abahagarariye u Rwanda mu mahanga bihaye izina ry’ubutore ry’Impezamihigo nyuma yo gusinya imihigo na Perezida wa Repubulika. (…)

Kuva tariki ya 4 kugeza ku ya 7 Werurwe 2012, Abayobozi bakuru b’Igihugu basaga 250 bari bateraniye i Gako mu mwiherero. Perezida Kagame atangiza uyu mwiherero yavuze ko kwihaza muri byose bituma umuntu yigenga muri byose, yanavuze kandi ko ibiganiro nk’ibi bikorwa n’aba bayobozi bishingiye ku kwigizayo ubukene. Mu gusoza uyu mwiherero kandi abagize guverinoma n’abahagarariye u Rwanda mu mahanga bihaye izina ry’ubutore ry’Impezamihigo nyuma yo gusinya imihigo na Perezida wa Repubulika.

Foto: Village Urugwiro


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages