Kuva tariki 5 kugeza kuya 6 Ukwakira 2012, Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba n’Umufasha we, Madamu Sylvia Ondimba bagiriye uruzinduko mu Rwanda aho rwari rugamije gushimangira umubano mwiza ukomeje kurangwa hagati y’ibihugu byombi, aho basuye ibikorwa bitandukanye ndetse bagirana n’ibiganiro na Perezida Paul Kagame kandi banatanga ikiganiro n’abanyamakuru. Foto/Village Urugwiro


















TANGA IGITEKEREZO