00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Nyamagabe

Yanditswe na

Rene Anthere Rwanyange

Kuya 20 February 2013 saa 11:27
Yasuwe :

Ku wa 19 Gashyantare 2013, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuye abaturage b’Akarere ka Nyamagabe abizeza ubufatanye bwose bushoboka mu rugamba rw’iterambere. Yababwiye ko aho Nyamagabe ivuye n’aho igeze ari ikimenyetso cy’ibishoboka, cy’aho abantu bashobora kwivana n’aho bashobora kwigeza. Perezida wa Repubulika yagize ati "Leta ifatanya namwe, ikabatera inkunga ariko ibyinshi ni mwebwe mubikora. Dufatanye twese dukore ibishobora kuduteza imbere, ibyiza biri imbere kandi turabikozaho (…)

Ku wa 19 Gashyantare 2013, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuye abaturage b’Akarere ka Nyamagabe abizeza ubufatanye bwose bushoboka mu rugamba rw’iterambere. Yababwiye ko aho Nyamagabe ivuye n’aho igeze ari ikimenyetso cy’ibishoboka, cy’aho abantu bashobora kwivana n’aho bashobora kwigeza. Perezida wa Repubulika yagize ati "Leta ifatanya namwe, ikabatera inkunga ariko ibyinshi ni mwebwe mubikora. Dufatanye twese dukore ibishobora kuduteza imbere, ibyiza biri imbere kandi turabikozaho imitwe y’intoki. Ariko byose biradusaba imbaraga, bisaba gukora tugashyira hamwe, tugashyira mu gaciro, tukiha agaciro, tukubaka igihugu cyacu Imana yaduhaye.”

Amafoto: Village Urugwiro


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages