00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Agakingirizo gakoze nk’inyama kageze ku isoko

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 4 April 2013 saa 06:32
Yasuwe :

Ntibigamije gusetsa cyangwa gutanga isura mbi, ahubwo niko biri société J&D’s Foods yamaze gushyira ku isoko agakingirizo gafite isura imeze nk’iyi nyama (lard fumé).
Amakuru atangazwa n’urubuga rwa 7sur7 avuga ko, aka gakingirizo karimo kugaragara mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ikirangantego cy’ako gakingirizo cyanditseho amagambo agira ati” gakingirizo ko mu nyama gasa n’igitsina cyawe”.
Ipaki imwe igizwe n’udukingirizo dutatu, ikaba arimo kugura Amayero 7,75 (7,75 (…)

Ntibigamije gusetsa cyangwa gutanga isura mbi, ahubwo niko biri société J&D’s Foods yamaze gushyira ku isoko agakingirizo gafite isura imeze nk’iyi nyama (lard fumé).

Amakuru atangazwa n’urubuga rwa 7sur7 avuga ko, aka gakingirizo karimo kugaragara mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ikirangantego cy’ako gakingirizo cyanditseho amagambo agira ati” gakingirizo ko mu nyama gasa n’igitsina cyawe”.

Ipaki imwe igizwe n’udukingirizo dutatu, ikaba arimo kugura Amayero 7,75 (7,75 euros).


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages