00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amafoto atangaje y’intare nzima y’abanaga n’abantu mu nzu

Yanditswe na

Tombola Felicie

Kuya 18 October 2014 saa 06:55
Yasuwe :

Aya ni amafoto yafashwe mu myaka ya za 1970 aho umuryango w’abantu batatu, umugabo n’umugore ndetse n’umwana wabo bagiriwe inama yo kubana n’intare mu nzu kugira ngo bazabashe gukina badasobwa filime bifuzaga, basobanukiwe neza iby’ ubuzima n’imibereho by’intare.
Tippi Hedren wari umukinnyi wa filime, we n’umugabo we Noel Marshall ndetse n’umwana wabo w’umukobwa Melanie Griffith bashakaga gukora filime ivuga ku ntare.
Bagiriwe inama na Ron Oxley umugabo wari ushinzwe kwita ku (…)

Aya ni amafoto yafashwe mu myaka ya za 1970 aho umuryango w’abantu batatu, umugabo n’umugore ndetse n’umwana wabo bagiriwe inama yo kubana n’intare mu nzu kugira ngo bazabashe gukina badasobwa filime bifuzaga, basobanukiwe neza iby’ ubuzima n’imibereho by’intare.

Tippi Hedren wari umukinnyi wa filime, we n’umugabo we Noel Marshall ndetse n’umwana wabo w’umukobwa Melanie Griffith bashakaga gukora filime ivuga ku ntare.

Bagiriwe inama na Ron Oxley umugabo wari ushinzwe kwita ku nyamaswa ko niba bashaka kumenya neza intare bagomba kubana nayo igihe runaka

Yagize ati “Kugira ngo mumenye neza ubuzima bw’intare ni ngombwa ko mubana nayo”

Yahise abaha intare bagomba kubana nayo bayita Neil , umukobwa wabo Melanie yamukomerekeje inshuro zirenga 50. Iyi filime yabatwaye miliyoni 17 z’amadolari ariko bayinjijemo miliyoni ebyiri gusa, bivuze ko bayigizemo igihombo cy’amadolari.

img86359|center>

[email protected]


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages