00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amasahane ya miliyari 1,5 Frw n’imodoka y’umujyi wa Kigali mu byanditse amateka muri PAC

Yanditswe na IGIHE
Kuya 18 July 2026 saa 10:18
Yasuwe :

Icyumba cyakoreyemo Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Umutungo, PAC kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa 11 Nyakanga, umuyobozi wakigezemo yasohokaga yiruhutsa, asaba Imana ngo ntazongere guhamagarwa. Gusa bimwe mu byabugishije benshi harimo amasahane n’ibikoresho byo mu gikoni bya miliyari 1,5 Frw byaguzwe na RSSB ubu bikaba bikodesherezwa inzu ya miliyoni 1,8 Frw buri kwezi.

Hari benshi bamaze amasaha babazwa ibikorwa bakoze bakabanza kwihagararaho ariko nyuma y’iminota bakaza kwemera amakosa ndetse byinshi bikitirirwa uburangare.

Kurikira video urebe uko byari byifashe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages