00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Bill Clinton yaba afite umwana w’umuhungu yahishe

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 4 June 2013 saa 04:21
Yasuwe :

Uwahoze ari perezida Leta Zunze Ubumwe za Amerika Bill Clinton biravugwa ko yaba afite umwana w’umuhungu witwa Danny Lee Williams yabyaranye n’umugore w’indaya witwa Bobbie Ann Williams.
Danny Lee Williams Jr w’imyaka 27 yifuza cyane kubonana na se umubyara akanamwereka abuzukuru be umwe w’imyaka 10 n’undi w’amezi 5 nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Globe dukesha iyi nkuru.
Globe mu nkuru yayo ikomeza ivuga ko Clinton nawe ashaka gukoresha ikizami (AND) kigaragaza ko uwo mwana yaba ari (…)

Uwahoze ari perezida Leta Zunze Ubumwe za Amerika Bill Clinton biravugwa ko yaba afite umwana w’umuhungu witwa Danny Lee Williams yabyaranye n’umugore w’indaya witwa Bobbie Ann Williams.

Danny Lee Williams Jr w’imyaka 27 yifuza cyane kubonana na se umubyara akanamwereka abuzukuru be umwe w’imyaka 10 n’undi w’amezi 5 nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Globe dukesha iyi nkuru.

Globe mu nkuru yayo ikomeza ivuga ko Clinton nawe ashaka gukoresha ikizami (AND) kigaragaza ko uwo mwana yaba ari uwe koko, ndetse n’umugore we, Hillary Clinton nawe yifuza kumenya niba umugabo we yaba yarabyaye umwana hanze nk’uko byakomeje kuvugwa.

Danny Lee Williams Jr uvugwa ko ari umuhungu wa Bill Clinton na nyina umubyara

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages