00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Brazil: 27 barahatanira Miss w’ibibuno byiza kurusha abandi (amafoto)

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 11 August 2014 saa 10:45
Yasuwe :

Mu Rwanda hamenyerewe ba nyampinga na ba rudasumbwa mu bwiza n’abandi batandukanye ariko ntiharagera aho hashakishwa Nyampinga cyangwa se uhiga abandi mu kugira amabuno y’ibitangaza ku buryo uyabona uti “Ririya ni ibuno ndemeye”.
Muri Brazil rero ho siko ibintu bimeze kuko bamenyereye kwitorera Nyampinga w’amabuno (Miss Bumbum) buri mwaka ariko ayo mabuno akaba umwimerere w’abanya-brezil.
Nyuma y’irushanwa rya 2013, ubu noneho abakandida 27 bagomba kuvamo uwegukana ikamba rya nyampinga (…)

Mu Rwanda hamenyerewe ba nyampinga na ba rudasumbwa mu bwiza n’abandi batandukanye ariko ntiharagera aho hashakishwa Nyampinga cyangwa se uhiga abandi mu kugira amabuno y’ibitangaza ku buryo uyabona uti “Ririya ni ibuno ndemeye”.

Muri Brazil rero ho siko ibintu bimeze kuko bamenyereye kwitorera Nyampinga w’amabuno (Miss Bumbum) buri mwaka ariko ayo mabuno akaba umwimerere w’abanya-brezil.

Nyuma y’irushanwa rya 2013, ubu noneho abakandida 27 bagomba kuvamo uwegukana ikamba rya nyampinga w’amabuno bagiye ahagaragara n’amafoto.

Iri higanwa uwuryegukanye mu byo ahabwa harimo amadorari y’Amerika 22,000.

Iyi ni inshuro ya kane riba, ndetse rikaba rikaba rimaze kumenyekana ku isi. Uyu mwaka mubazahatanwa harimo abasanzwe bazwi cyane muri Brazil harimo uwitwa , Claudia Alende; impanga Graziella na Rafaella Fornazieri; Juliana Bittencortt n’umwe muri bo ukuze kubaruta kuko afite imyaka 39, Patricia Oliveira.

Reba Amafoto y’abahatanira iri kamba ridasanzwe:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages