00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Gusinzira ukiri muto bituma ubwonko bukora neza

Yanditswe na

Sitio Ndoli

Kuya 14 January 2015 saa 11:03
Yasuwe :

Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza 2 zo mu Budage bwagaragaje ko gusinzira bihagije ku mwana ukivuka kugeza ku mwaka 1 bituma agira ubwonko bukora neza, ndetse akanakura ashobora gufata mu mutwe.
Aba bashakashatsi bo muri kaminuza Sheffield and Ruhr University Bochum bavuze ko ibitotsi by’umwana utaragera ku mwaka bigira akamaro cyane kurusha iby’umuntu mukuru.
Dr Jane Herbert ukuriye ishami ryigisha ibijyanye n’imitekerereze muri kaminuza Sheffield avuga ko abiga bamaze gusinzira (…)

Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza 2 zo mu Budage bwagaragaje ko gusinzira bihagije ku mwana ukivuka kugeza ku mwaka 1 bituma agira ubwonko bukora neza, ndetse akanakura ashobora gufata mu mutwe.

Aba bashakashatsi bo muri kaminuza Sheffield and Ruhr University Bochum bavuze ko ibitotsi by’umwana utaragera ku mwaka bigira akamaro cyane kurusha iby’umuntu mukuru.

Dr Jane Herbert ukuriye ishami ryigisha ibijyanye n’imitekerereze muri kaminuza Sheffield avuga ko abiga bamaze gusinzira badafa mu mutwe byose.

Akomeza avuga ko ahubwo abantu bagakwiye kuryama mbere bakabona gusubiramo nyuma.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages