Iri koranabuhanga ryageragerejwe ku mafoto agera ku bihumbi 50, y’abagore bisuzumishije kanseri y’ibere mu gihe cy’imyaka icyenda.
Aba bashakashatsi bavuze ko ibisubizo by’iyi AI byagiye bihura n’ibyo abaganga basanzwe basuzuma izi ndwara batekerezaga bivuze ko ibyo ivuga byizewe.
Bati “ Icyiza cy’iri koranabuhanga ni uko ridakenera amakuru y’ubuzima bwawe cyangwa irindi suzuma ryihariye.”
Umuntu aba asabwa kwisuzumisha nibura buri myaka itatu ngo harebwe ko nta bimenyetso bya kanseri y’ibere afite.
Iri Koranabuhanga niryemerwa bizafasha abisuzumishaga kwihutisha ibikorwa by’isuzuma ndetse bibafashe no kwisuzumisha indwara z’umutima zitandukanye.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!