00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Hakozwe ikariso ikirigita imyanya ndangagitsina

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 23 April 2013 saa 09:31
Yasuwe :

Ku mpamvu z’uko hari abatura kure y’abakunzi babo kandi bakaba bakenera gutera akabariro, uruganda Fundwear rwakoze imyenda y’imbere yakirigita imyanya ngandagitsina, ibi bigakorwa utari kumwe n’umukunzi wawe.
Amakuru dukesha 7sur7 aravuga ko iyo myenda y’imbere ikoze ku buryo ikoreshwa cyangwa iyoborwa na porogaramu iba iri muri Telefone.
Dore uko bikorwa
Ku mugore bisaba ko yambara ikariso n’agasamamabere (soutien) umugabo na we akambara ikariso.
Ni ngombwa ko bombi baba bafite (…)

Ku mpamvu z’uko hari abatura kure y’abakunzi babo kandi bakaba bakenera gutera akabariro, uruganda Fundwear rwakoze imyenda y’imbere yakirigita imyanya ngandagitsina, ibi bigakorwa utari kumwe n’umukunzi wawe.

Amakuru dukesha 7sur7 aravuga ko iyo myenda y’imbere ikoze ku buryo ikoreshwa cyangwa iyoborwa na porogaramu iba iri muri Telefone.

Dore uko bikorwa

Ku mugore bisaba ko yambara ikariso n’agasamamabere (soutien) umugabo na we akambara ikariso.

Ni ngombwa ko bombi baba bafite telefone zo mu bwoko bwa Smart Phone cyangwa Iphone.

Iyo umugabo yibereye kure cyangwa umugore atari kumwe n’umugabo, umwe akoresha iyo telephone, ubundi imyenda y’umukunzi we ikamukirigita ku myanya ndangagitsina, undi na we akaba yabikora atyo.

Ubu ni uburyo bushya ntabwo burajya ku isoko kuko bukiri mu igerageza, ariko ab’inkwakuzi batangiye kubugerageza.

Amakuru aravuga ko hari abakundana batari kumwe batangiye gukoresha ubu buryo kandi bubafasha.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages