Uyu mugabo ukomoka muri Carolina y’amajyaruguru yicaranye n’umunyamakuru wa TMZ mu kiganiro avuga ko ashingiye ku bushakashatsi yakoze yumva atekereza ko ari umugabo urusha abanda bose ku Isi igitsina gito.
Michael Phillips yavuze ko akurikije igihe amaze arwaye ubu burwayi bwo kugira igitsina gito, ngo arashaka kugereranya igitsina cye n’icy’undi uwo ari we wese utekereza ko yaba afite igitsina gito kurushaho.
Michael Phillips avuga ko wenda adatekereza ko yakwandikwa mu gitabo cya Guinness World Records ngo ahabwe icyemezo nk’uhiga abandi mu kugira igitsina gito, ariko ngo ashobora kuba ari we uzabanza kugera muri iki cyiciro mu guhatanira amashimwe atangwa na Guinness Records.
Uyu mugabo ahamya ko abantu bafite amatsiko yo kubona igitsina cye, ariko ntabwo bajya bakeka ko bamubona mu mashusho anyuzwa ku rubuga rwa OnlyFans rucuruza amashusho y’urukozasoni.
Yavuze ko iyo igitsina cye cyafashe umurego kiba kingana n’urutoki rw’agahera.
Ubushakashatsi bwakozwe n’umuhanga Veale afatanyije na bagenzi be, bugasohoka muri 2015 bwarakorewe ku bagabo basaga ibihumbi 15, bugaragaza ko nibura uburebure bw’igitsina gabo cyafashe umurego bubarirwa hagati ya santimetero 12 na 14.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!