Guhera mu Ukwakira 2022 kugeza muri Mutarama 2023, iyo mbwa mu bo yarumye hari uwagiye mu bitaro.
Umuryango Judicial Watch kuri uyu wa Kabiri washyize hanze raporo y’amapaji 200, y’ikirego cyatanzwe n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nyuma yo kudahabwa raporo y’uburyo imbwa ya Biden yo mu bwoko bwa German shepherd imaze igihe ijujubya abashinzwe kurinda Perezida.
Iyi mbwa izwi nka Commander, bivugwa ko ari iya kabiri ya Biden ifite imyitwarire idahwitse by’umwihariko ku bashinzwe kurinda Perezida, nyuma y’indi yitwa Major byabaye ngombwa ko yimurirwa muri Leta ya Delaware mu rugo rwa Biden.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!