Aba bombi bakubiswe ku wa 29 Mutarama 2026 aho umukobwa yaje no kugwa igihumure kubera inkoni akajyanwa kwa muganga.
Bakubitiwe hamwe n’abandi bantu bane bose bahamwe n’icyaha cyo kwica amategeko ya Sharia.
Gukubitwa ni kimwe mu bihano bikoreshwa mu Idini ya Islam cyane ku bwo kurenga ku mategeko y’iri dini.
Muri iri dini icyaha cyo kuryamana n’umuntu mutashakanye gihanishwa inkoni 100 mu gihe kunywa inzoga ari inkoni 40.
Iki gihano n’ubwo kitagikoreshwa cyane hirya no hino ku Isi, ibihugu bikomeye ku muco wa Islam n’ibiyoborwa hakurikijwe imyemerere ya Islam byo biracyagikoresha.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!