Yafashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 15 Nzeri 2022 mu majyepfo y’iki gihugu mu mujyi wa Ulsan.
Uyu mugore w’imyaka 42 akimara kubikora imirambo y’abo bana yayifungiye mu bikapu, ahungira muri Koreya y’Epfo mu 2018, kuva ubwo Nouvelle-Zélande ihita ishyiraho impapuro zo kumushakisha.
Nyuma yo kumenya ko ari ho yihishe Polisi yo muri Auckland yahise ikorana bya hafi n’iy’i Seoul kugira ngo atabwe muri yombi.
BBC yanditse ko mirambo y’aba bana yabonywe muri Kanama uyu mwaka n’abantu bari baguze ibyo bikapu nk’imitungo yatawe na ba nyirayo yari aherere i Auckland ho muri Nouvelle-Zélande.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!