Ku bantu bakunda kwifotora ubwabo twakita mu rurimi ry’icyongereza “Selfie” hari umukino wabateganyirijwe aho watangijwe ku mbuga zitandukanye wiswe izina rya “Selfie Olimpics”.
Selfie Olimpics ukaba wagaragaye ko washimishije abantu benshi cyane, aho bisabwa ko abakoresha urubuga rwa Facebook,Twitter na Instagram kwifotora ifoto zitangaje bakazishyira kuri izo mbuga.
Urubuga rwa Business Insider rwatangaje ko ku rupapuro rwa Facebook rwafunguwe mu masaha make ashize ko byagaragaye ko rumaze kugira abantu bagera ku bihumbi 30 bakunze iri rushanwa, ndetse hakaba hari n’amafoto y’uwo mukino agera ku bihumbi 28 amaze gushyirwa ku rubuga rwa Instagram.
Dore amwe mu mafoto


















TANGA IGITEKEREZO