2. Umugabo yari aryamanye n’umugore we, maze ahengera umugore asinziriye arambara aragenda. Acyatsa imodoka imvura iba iraguye. Asubira mu cyumba, ariyambura araryama maze ahita yongorera umugore we ngo hanze hari imvura ikaze Umugore aramusubiza ati “buriya wabona umugabo wanjye irimo kumunyagira kuko nibwo akigenda”.
3. Umugore yashyingiye abakobwa be, maze mu ijoro ajya kumviriza ku muryango uko bimeze. Ageze ku muryango wa mbere yumva umukobwa we ari gutaka byacitse. Ageze ku muryango wa kabiri yumva na ho ni uko. Ageze ku wa gatatu ntihagira icyo yumva.
Mu gitondo yihererana na wa mukobwa we wa gatatu amubaza impamvu ntacyo yigeze akorana n’umugabo we, maze umukobwa aramusubiza ati " Ariko se mama, si wowe watwigishije kutavuga dufite ibintu mu kanwa?"
4.Abagabo babiri bari mu kabari, maze ibiganiro birashyuha umwe abwira undi ati “nkubwire?, ejo naryamanye na nyoko, abari mu kabari baraceceka bategereje ko uwo wundi amusubiza cyangwa ko amukubita bakarwana, nuko undi araseka ati “Papa dutahe wasinze”.



















TANGA IGITEKEREZO