Inkuru dukesha Politico ivuga ko uyu musore yatawe muri yombi na Polisi y’Umujyi wa Bruxelles nyuma yo kwifata amashusho ari gukora icyo gikorwa akayatambutsa ku muyoboro wa YouTube asanzwe yifashisha anyuzaho amashusho.
Uyu musore ngo si bwa mbere yari akoze ayo mahano, kuko mu Ugushyingo 2023, nabwo hari abo yatangiriye abasukaho amazirantoki y’imbwa avanze n’amavuta.
Umuvugizi w’Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru w’Umujyi wa Bruxelles yatangaje ko uyu musore watawe muri yombi, yari amaze kubigira umuco akabikora agamije kongera umubare w’abareba ibikorwa n’ibiganiro bye kuri YouTube.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!