00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

U Buyapani: Bavumbuye uburanga bukomoka ku binyamujongo

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 18 July 2013 saa 05:17
Yasuwe :

Mu Buyapani mu nzu basukuriramo isura yo mu maso, bazanye uburyo bushya bwo gusukura isura bifashishije amatembabuzi y’ibinyamujongo, bakaba bavuga ko atuma uruhu rworoha, kandi rugacya.
Ikinyamakuru Le monde dukesha iyi nkuru kivuga ko muri Tokyoïte (Salon de beaute) basaba umukiriya kureka ikinyamujongo kikazenguruka mu ruhanga rwe, ari nako gita amatembabuzi yacyo. Aya matembabuzi y’ikinyamujongo niyo yifashishwa mu gusukura isura y’umukiriya.
Manami Takamura umukozi muri "Ci:z.Labo" (…)

Mu Buyapani mu nzu basukuriramo isura yo mu maso, bazanye uburyo bushya bwo gusukura isura bifashishije amatembabuzi y’ibinyamujongo, bakaba bavuga ko atuma uruhu rworoha, kandi rugacya.

Ikinyamakuru Le monde dukesha iyi nkuru kivuga ko muri Tokyoïte (Salon de beaute) basaba umukiriya kureka ikinyamujongo kikazenguruka mu ruhanga rwe, ari nako gita amatembabuzi yacyo. Aya matembabuzi y’ikinyamujongo niyo yifashishwa mu gusukura isura y’umukiriya.

Manami Takamura umukozi muri "Ci:z.Labo" iyi ikaba ari inzu yatangije ubu buryo, avuga ko ikinyamujongo kigenda gita amatembabuzi, aya akaba yifashishwa mu gukuraho utunyabuzima tugize uruhu twapfuye (éliminer les cellules mortes), ikindi kandi ngo ayo matembabuzi akiza uruhu ruba rwarangijwe n’imirasire y’izuba hanyuma hakongerwa ububobere bw’uruhu.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages