00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

USA: Rob Kardashian atewe inkeke n’ubugufi bw’igitsina cye

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 24 April 2013 saa 05:04
Yasuwe :

Musaza wa Kim Kardashian witwa Rob Kardashian, iyo yirebye ari mu bwogero ararira kubera ko afite igitsina gito.Amahirwe afite ariko ngo nuko muri iyi minsi aho atangiriye kugabanya umubyibuho igitsina cye kigenda kiyongera.
Amakuru dukesha 7sur7, avuga ko uyu musore usigaye afata amafunguro amufasha kugabanya umubyibuho, yavuze ko ashimishwa no kuba ibiro bigenda bigabanuka nk’uko bikwiye, ariko akaba ababazwa n’uko igitsina cye ari gito.
Mu kiganiro na Ryan Seacrest, Rob Kardashian (…)

Musaza wa Kim Kardashian witwa Rob Kardashian, iyo yirebye ari mu bwogero ararira kubera ko afite igitsina gito.Amahirwe afite ariko ngo nuko muri iyi minsi aho atangiriye kugabanya umubyibuho igitsina cye kigenda kiyongera.

Amakuru dukesha 7sur7, avuga ko uyu musore usigaye afata amafunguro amufasha kugabanya umubyibuho, yavuze ko ashimishwa no kuba ibiro bigenda bigabanuka nk’uko bikwiye, ariko akaba ababazwa n’uko igitsina cye ari gito.

Mu kiganiro na Ryan Seacrest, Rob Kardashian yagize ati “Igihe cyose iyo ngiye mu bwogero (douche) nkireba nambaye ubusa ndababara cyane nkarira kuko igitsina cyanjye ari gito”.

Amahirwe Rob Kardashian afite ngo nuko muri iyi minsi, uko atakaje ibiro 4 igitsina cye cyiyongeraho.

Hagati aho mushiki we Kim Kardashian nawe ngo ntanyuzwe n’umubyibuho afite kubera gutwita.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages