00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ku myaka icyenda agiye kuzenguruka Isi n’amaguru

Yanditswe na

Christophe Hitayezu

Kuya 26 February 2013 saa 09:52
Yasuwe :

Nicolas Toocheck w’imyaka icyenda y’amavuko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Leta ya Pennsylvania, afite gahunda yo kuzenguruka imigabane yose y’isi yiruka.
Ku ya mbere Ukuboza 2012 yaratangiriye i Delaware muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, kuri uyu wa 25 Gashyantare 2013 ajya gukomereza umuhigo we ku mugabane wa Antaragitika (Antarctica).
ABC News dukesha iyi nkuru itangaza ko mbere yo kwerekeza ku mugabane wa Antaragitika yabanje kubonana n’abaganga ngo barebe ko (…)

Nicolas Toocheck w’imyaka icyenda y’amavuko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Leta ya Pennsylvania, afite gahunda yo kuzenguruka imigabane yose y’isi yiruka.

Ku ya mbere Ukuboza 2012 yaratangiriye i Delaware muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, kuri uyu wa 25 Gashyantare 2013 ajya gukomereza umuhigo we ku mugabane wa Antaragitika (Antarctica).

ABC News dukesha iyi nkuru itangaza ko mbere yo kwerekeza ku mugabane wa Antaragitika yabanje kubonana n’abaganga ngo barebe ko ubuzima bwe buhagaze neza.

Nava kuri uyu mugabane hazaba hasigaye imigabane itanu, akaba ngo yumva azahigura umuhigo we nta kabuza.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages