Abagabo, abagore bambaye nk’abatashye ubukwe bakereye kumva ibikorwa by’Inteko, bije bikurikira uko bagaragaraga mu minsi yashize bajya mu Nteko bikoreye ibiseke n’amakarito byuzuye ubusabe ko ingingo ya 101 yavugururwa, Perezida Kagame akazakomeza kuyobora u Rwanda nyuma ya 2017.
Gusuzuma ishingiro ry’ubwo busabe ryabereye mu mitwe yombi igize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, uwa Sena n’uw’Abadepite.



















TANGA IGITEKEREZO