Depite Bazivamo wo mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) akomeza avuga ko kuvugururura Itegeko Nshinga cyane cyane mu ngingo yaryo ya 101, ubwabyo bitavuze ko Perezida Kagame yahita asubira ku buyobozi, gusa ngo ni ukumuha amahirwe yo kongera kubihatanira.
Mukurikire Ikiganiro kirambuye yagiranye na IGIHE



















TANGA IGITEKEREZO