Umushyushabirori muri PGGSS II akaba n’umunyamakuru kuriAnita, avuga ko yavanywe mu bitaro ahagana mu ma saa kumi n’imwe zo mu gitondo (5h00’).
Avuga ko akirwaye ariko ari koroherwa.
Ari ku rubyiniro mu gushyushya abafana, Anita yagaragaraga nk’umuntu umeze neza.
Gusa byagaragariraga abasanzwe bamenyereye ibi bitaramo ko Anita atari afite morale nyinshi nk’iyo asanganywe.
Anita avuga ko atazi icyamuteye kurwara. Aje ari uwa kane urwariye muri PGGSS II nyuma ya TMC, Riderman n’umwe mu bakobwa bakora muri protocol.



















TANGA IGITEKEREZO