00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Anita Pendo yashyuhije ibirori avuye mu bitaro

Yanditswe na
Kuya 10 June 2012 saa 01:25
Yasuwe :

Umushyushabirori muri PGGSS II akaba n’umunyamakuru kuriAnita, avuga ko yavanywe mu bitaro ahagana mu ma saa kumi n’imwe zo mu gitondo (5h00’).
Avuga ko akirwaye ariko ari koroherwa.
Ari ku rubyiniro mu gushyushya abafana, Anita yagaragaraga nk’umuntu umeze neza.
Gusa byagaragariraga abasanzwe bamenyereye ibi bitaramo ko Anita atari afite morale nyinshi nk’iyo asanganywe.
Anita avuga ko atazi icyamuteye kurwara. Aje ari uwa kane urwariye muri PGGSS II nyuma ya TMC, Riderman n’umwe mu (…)

Umushyushabirori muri PGGSS II akaba n’umunyamakuru kuriAnita, avuga ko yavanywe mu bitaro ahagana mu ma saa kumi n’imwe zo mu gitondo (5h00’).

Avuga ko akirwaye ariko ari koroherwa.

Ari ku rubyiniro mu gushyushya abafana, Anita yagaragaraga nk’umuntu umeze neza.

Gusa byagaragariraga abasanzwe bamenyereye ibi bitaramo ko Anita atari afite morale nyinshi nk’iyo asanganywe.

Anita avuga ko atazi icyamuteye kurwara. Aje ari uwa kane urwariye muri PGGSS II nyuma ya TMC, Riderman n’umwe mu bakobwa bakora muri protocol.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages