00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ausralia: Mu Mujyi wa Brisbane hatangijwe ihuriro ry’Abanyarwanda

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 6 December 2012 saa 09:00
Yasuwe :

Abanyarwandabatuye mu Mujyi Brisbane muri Australia bishizehamwe batangiza ku mugaragaro Diapora (Rwanda Diaspora of Queensland).
Uhagarariye Diaspora Nyarwanda i Brisbane Karekezi Emmanuel, yatangaje ko impamvu Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Brisbane bishirahamwe ko ari ukugirango banjye babasha guhura, baba bo ubwabo cyangwa se n’abatuye no mu bindi bihugu.
Muri uyu muhango wo gutangiza Diaspora, hari hari kandi na Ambasaderi Dr Murigande Charles uhararariye u Rwanda muri (…)

Abanyarwandabatuye mu Mujyi Brisbane muri Australia bishizehamwe batangiza ku mugaragaro Diapora (Rwanda Diaspora of Queensland).

Uhagarariye Diaspora Nyarwanda i Brisbane Karekezi Emmanuel, yatangaje ko impamvu Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Brisbane bishirahamwe ko ari ukugirango banjye babasha guhura, baba bo ubwabo cyangwa se n’abatuye no mu bindi bihugu.

Muri uyu muhango wo gutangiza Diaspora, hari hari kandi na Ambasaderi Dr Murigande Charles uhararariye u Rwanda muri Australia, ariko akaba afite ikicaro i Tokyo mu Buyapani.

Michael Roux uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri Australia ndetse akaba n’umwe mu bagize itsinda ry’abajyanama ba Perezida, nawe yari ahari hari kandi n’umwanditsi w’Umuyarwanda Mabazi Justine.

Ambasaderi Murigande yashimiye Abanyarwanda bishyize hamwe, kandi abazaba gukomeza guhuriza hamwe imbaraga, no kuba intangarugero bakaba indakemwa babumbatira Umuco Nyarwanda ho bari mu mahanga.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages