00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Lick Lick yatangiye gukorana n’abahanzi nyarwanda Mr D na Dada Cross

Yanditswe na

Patrick Munyentwari

Kuya 8 August 2013 saa 02:18
Yasuwe :

Nyuma yo yo gusezera muri PressOne akimukira muri Leta ya Ohio, utunganya indrimbo (Producer) Lick Lick yatangiye gukora muri “More Records” bivugwa ko umuhanzi nyarwanda Mr D nawe ayifitemo imigabane.
Ubu Lick Lick akaba ari gukorana n’uyu muhanzi Mr D ndetse n’umuraperi Dada Cross.
Iyi Label ya More Records imaze gushyira hanze indirimbo zirimo “I need you” ya Dada Cross, “My number one” yakorewe amajwi n’amashusho na Lick Lick, usanzwe n’ubundi utunganya umuziki mu buryo bw’amajwi, (…)

Nyuma yo yo gusezera muri PressOne akimukira muri Leta ya Ohio, utunganya indrimbo (Producer) Lick Lick yatangiye gukora muri “More Records” bivugwa ko umuhanzi nyarwanda Mr D nawe ayifitemo imigabane.

Ubu Lick Lick akaba ari gukorana n’uyu muhanzi Mr D ndetse n’umuraperi Dada Cross.

Iyi Label ya More Records imaze gushyira hanze indirimbo zirimo “I need you” ya Dada Cross, “My number one” yakorewe amajwi n’amashusho na Lick Lick, usanzwe n’ubundi utunganya umuziki mu buryo bw’amajwi, ubu akaba asigaye atunganya n’amashusho y’indirimbo aba yakoze mu buryo bw’amajwi.

Uretse aba bahanzi, Label ya More Records ngo ikorera n’abandi bahanzi batayibarizwamo, nk’indirimbo “Africa Mama Land” ya The Ben na Kavuyo, “Nasara ya Meddy” n’izindi.

umuhanzi nyarwanda Mr D, bivugwa ko nawe ari mu bafite imigabane muri More Records
lick Lick na Dada Cross muri Ohaio
Umuraperi Dada Cross

Indirimbo My number one ya Mister D:

Indirimbo "I need you" Dada Cross yakoreye muri More Records:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages