Iyi kipe y’ubukombe mu Butaliyani ni yo yegukanye Igikombe cya Shampiyona giheruka.
Diarra yagize umwaka mwiza, aho yahesheje APR BBC Igikombe cya Shampiyona anayifasha gusoza ku mwanya wa gatatu muri BAL 2025.
Si ibyo gusa kuko yanitwaye neza mu Gikombe cya Afurika. Muri iri rushanwa, Aliou Diarra yabaye myugariro mwiza bityo afasha Ikipe y’Igihugu ya Mali kugera ku mukino wa nyuma, aho yatsinzwe na Angola yegukanye igikombe.
Aliou Diarra yerekeje muri Virtus Bologna yo mu Cyiciro cya Mbere mu Butaliyani
Aliou Diarra yabaye myugariro mwiza mu Gikombe cya Afurika giheruka
Aliou Diarra yabaye myugariro mwiza wa BAL 2025



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!