Kayijuka w’imyaka 18, ni umwe mu batanga icyizere cyo kuzavamo umukinnyi ukomeye.
Uyu mukinnyi yigaragaje cyane mu mikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abatarengeje imyaka 18 cyabereye muri Afurika y’Epfo mu 2024.
Muri iryo rushanwa yabarirwaga gutsinda amanota 21 kuri buri mukino.
Mbere yo kwerekeza muri iyi kipe, Kayijuka yari amaze imyaka ibiri muri Canada Topflight Academy izwiho kuzamura impano muri uyu mukino.
Kayijuka yabonye ikipe nshya muri Canada
Dylan Kayijuka ni umwe mu bakinnyi batanga icyizere
Kayijuka yigaragaje cyane mu Gikombe cya Afurika cy'abatarengeje imyaka 18



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!