Uyu mukinnyi w’imyaka 32 ni umwe mu bakomeye muri Kenya cyane ko yanyuze mu makipe nka Equity Hawks na MTM Storms.
Mu 2018 yerekeje muri Espagne gukina nk’uwabigize umwuga aho yahereye muri ADBA Avilés mbere yo kwerekeza muri AD Cortegada ari nayo akinira kugeza ubu.
Mercy avuka mu muryango w’abakinnyi bakomeye muri Kenya nka Victor Wanyama wamamaye muri Southampton na Tottenham zo mu Bwongereza, bose bakavuga kuri se wanyuze muri AFC Leopard yo muri Kenya.
Iyi kipe ya Sosiyete y’Igihugu Ishinzwe Ingufu ikomeje kwitegura imikino yo kwishyura ya shampiyona igeze ku munsi wa kabiri ndetse na Rwanda Cup 2024.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!